Wednesday, October 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda

radiotv10by radiotv10
18/03/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
1
Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Harabura amasaha macye ngo abaturarwanda bamenye Nyampinga w’u Rwanda wa 2022. Ubu abakobwa 19 bari mu mwiherero baracyanganya amahirwe, gusa umwe muri bo kuri uyu wa Gatandatu azavugizirizwa impundu n’amashyi, atamirizwe ikamba.

Abategura iri rushanwa rya Miss Rwanda, bagaragaje amafoto y’aba bakobwa bifoto mu buryo bwo kwinezeza abagaragaza basa neza mu buryo budasanzwe.

Ni amafoto yafotowe na ba gafotozi babigize umwuga aho aba bakobwa baba banasizwe ibirungo bituma bagaragara neza.

Kayumba Darina

Ndahiro Mugabekazi Queen
Kalila Leila Franca
Ikirezi Musoni Kevine
Bahali Ruth
Uwimana Jeannette
Uwimanzi Vanessa
Muringa Jessica
Uwikuzo Marie Magnificat
Umuhoza Emma Pascaline
Uwimana Marlene
Kazeneza Marie Merci
Saro Amanda
Kelia Ruzindana
Nshuti Divine Muheto
Mutabazi Isingizwe Sabine
Umurerwa Bahenda Arlette Amanda
Keza Melissa
Keza Maolithia

RADIOTV10

Comments 1

  1. Benjamin says:
    4 years ago

    TV 10, Simply Rwandaful

    💕💕💕💕💕💕💕💕
    Dukunda amakuru muduha 100%

    Reply

Leave a Reply to Benjamin Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five − 3 =

Previous Post

Umuhanzi Yverry yatereye ivi umukunzi we mu gikorwa cyari giherekejwe n’indirimbo ye

Next Post

AMAFOTO: Ycee na Jaywillz twabakiriye bongera gukurira ingofero Kigali

Related Posts

Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

by radiotv10
22/10/2025
0

Umuhanzi w’Indirimbo z’Imana, Ishimwe Joshua yifurije isabukuru nziza umugore we, akoresheje amagambo aryohereye, amwibutsa ko urukundo amukunda ari ntagereranywa. Josh...

Indwara y’amatungo yagaragaye mu Karere ka Rubavu yatumye hafatwa ingamba

Indwara y’amatungo yagaragaye mu Karere ka Rubavu yatumye hafatwa ingamba

by radiotv10
22/10/2025
0

Indwara y’Uburenge ifata amatungo yagaragaye mu Mirenge itatu yo mu Karere ka Rubavu, yatumye Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi mu...

Ingabo z’u Rwanda zagiranye ibiganiro n’iza Qatar na Somalia

Ingabo z’u Rwanda zagiranye ibiganiro n’iza Qatar na Somalia

by radiotv10
22/10/2025
0

Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi; yakiriye mugenzi we wa Somalia, n’Umugaba Wungirije w’Ingabo za Qatar...

Buri wese yagize icyo avuga: Ubutumwa bw’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame

Buri wese yagize icyo avuga: Ubutumwa bw’Abasenateri bashyizweho na Perezida Kagame

by radiotv10
22/10/2025
0

Abasenateri bane bashyizweho na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame; bamushimiye icyizere yabagiriye cyo gukomeza gukorera Igihugu, bamwizeza kuzakorana umurava. Aba...

Ibyifuzo bitangwa n’abaherutse kwibasirwa n’ibiza bidasanzwe byabasize mu marira menshi

Ibyifuzo bitangwa n’abaherutse kwibasirwa n’ibiza bidasanzwe byabasize mu marira menshi

by radiotv10
22/10/2025
0

Bamwe mu bo mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayoza baherutse guhura n’ibiza by’imvura byatwaye ubuzima bwa bamwe, bikanangiza...

IZIHERUKA

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon
FOOTBALL

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

by radiotv10
22/10/2025
0

FARDC yatumye hazamuka ubwoba bwinshi mu gace ko muri Kivu ya Ruguru

FARDC yatumye hazamuka ubwoba bwinshi mu gace ko muri Kivu ya Ruguru

22/10/2025
Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

22/10/2025
Impanuka ikomeye muri Uganda yahitanye benshi

Impanuka ikomeye muri Uganda yahitanye benshi

22/10/2025
Amakuru mashya y’urugamba rwa M23 yongeye kuvugwamo icyagaragayemo gifatwa nk’icyatunguranye

Amakuru agezweho mu mirwano ihanganishije AFC/M23 na FARDC

22/10/2025
Indwara y’amatungo yagaragaye mu Karere ka Rubavu yatumye hafatwa ingamba

Indwara y’amatungo yagaragaye mu Karere ka Rubavu yatumye hafatwa ingamba

22/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda

AMAFOTO: Ycee na Jaywillz twabakiriye bongera gukurira ingofero Kigali

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

FARDC yatumye hazamuka ubwoba bwinshi mu gace ko muri Kivu ya Ruguru

Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.