Wednesday, March 18, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda

radiotv10by radiotv10
18/03/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
1
Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Harabura amasaha macye ngo abaturarwanda bamenye Nyampinga w’u Rwanda wa 2022. Ubu abakobwa 19 bari mu mwiherero baracyanganya amahirwe, gusa umwe muri bo kuri uyu wa Gatandatu azavugizirizwa impundu n’amashyi, atamirizwe ikamba.

Abategura iri rushanwa rya Miss Rwanda, bagaragaje amafoto y’aba bakobwa bifoto mu buryo bwo kwinezeza abagaragaza basa neza mu buryo budasanzwe.

Ni amafoto yafotowe na ba gafotozi babigize umwuga aho aba bakobwa baba banasizwe ibirungo bituma bagaragara neza.

Kayumba Darina

Ndahiro Mugabekazi Queen
Kalila Leila Franca
Ikirezi Musoni Kevine
Bahali Ruth
Uwimana Jeannette
Uwimanzi Vanessa
Muringa Jessica
Uwikuzo Marie Magnificat
Umuhoza Emma Pascaline
Uwimana Marlene
Kazeneza Marie Merci
Saro Amanda
Kelia Ruzindana
Nshuti Divine Muheto
Mutabazi Isingizwe Sabine
Umurerwa Bahenda Arlette Amanda
Keza Melissa
Keza Maolithia

RADIOTV10

Comments 1

  1. Benjamin says:
    4 years ago

    TV 10, Simply Rwandaful

    💕💕💕💕💕💕💕💕
    Dukunda amakuru muduha 100%

    Reply

Leave a Reply to Benjamin Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 1 =

Previous Post

Umuhanzi Yverry yatereye ivi umukunzi we mu gikorwa cyari giherekejwe n’indirimbo ye

Next Post

AMAFOTO: Ycee na Jaywillz twabakiriye bongera gukurira ingofero Kigali

Related Posts

Ubutumwa bwa Minisitiri w’Urubyiruko Dr.Utumatwishima ku mpaka zavutse ku myambarire ya Doja Cat bwazamuye izindi

Ubutumwa bwa Minisitiri w’Urubyiruko Dr.Utumatwishima ku mpaka zavutse ku myambarire ya Doja Cat bwazamuye izindi

by radiotv10
18/03/2026
0

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye abantu kuzamura imyumvire ntibakomeze kwibaza ku myambarire umuhanzi Doja Cat yagaragayemo...

U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

by radiotv10
18/03/2026
0

I La Haye mu Buholandi, hatangiye kuburanishwa urubanza u Rwanda rwarezemo u Bwongereza ku bijyanye no kutubahiriza amasezerano y’Ibihugu byombi,...

Umukinnyikazi wa filimi wamenyekanye yagarutse mu Rwanda akihagera agaragaza amarangamutima y’urukumbuzi

Umukinnyikazi wa filimi wamenyekanye yagarutse mu Rwanda akihagera agaragaza amarangamutima y’urukumbuzi

by radiotv10
18/03/2026
0

Mutoni Assia wamamaye mu gukina filimi nyarwanda byumwihariko uzwi mu y'uruhererekane ya Seburikoko, yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka ine agiye...

Hatangajwe igihe ingendo z’indege z’imbere mu Rwanda zizasubukurwirwa n’ibiciro byazo

Hatangajwe igihe ingendo z’indege z’imbere mu Rwanda zizasubukurwirwa n’ibiciro byazo

by radiotv10
18/03/2026
0

Sosiyete y’u Rwanda y’Indege RwandAir yatangaje ko mu cyumweru gitaha izasubukura ingendo hagati ya Kigali na Kamembe mu Karere ka...

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

by radiotv10
18/03/2026
0

In The Hague, Netherlands, hearings have begun in a case where Rwanda has sued the United Kingdom over failure to...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho ku ntambara ya Iran na Israel& America: Undi muyobozi yishwe
AMAHANGA

Amakuru agezweho ku ntambara ya Iran na Israel& America: Undi muyobozi yishwe

by radiotv10
18/03/2026
0

Ubutumwa bwa Minisitiri w’Urubyiruko Dr.Utumatwishima ku mpaka zavutse ku myambarire ya Doja Cat bwazamuye izindi

Ubutumwa bwa Minisitiri w’Urubyiruko Dr.Utumatwishima ku mpaka zavutse ku myambarire ya Doja Cat bwazamuye izindi

18/03/2026
U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

18/03/2026
Umushinwa ufungiye muri Kenya nyuma yo gufatanwa intozi yahishuye akayabo yari yaziguze

Umushinwa ufungiye muri Kenya nyuma yo gufatanwa intozi yahishuye akayabo yari yaziguze

18/03/2026
Ikipe ya Senegal yari yegukanye Igikombe cya Afurika byarangiye icyambuwe nyuma y’amezi 2

Ikipe ya Senegal yari yegukanye Igikombe cya Afurika byarangiye icyambuwe nyuma y’amezi 2

18/03/2026
Umukinnyikazi wa filimi wamenyekanye yagarutse mu Rwanda akihagera agaragaza amarangamutima y’urukumbuzi

Umukinnyikazi wa filimi wamenyekanye yagarutse mu Rwanda akihagera agaragaza amarangamutima y’urukumbuzi

18/03/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Bifunze bukwasi: Amafoto y’udukoryo y’abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda

AMAFOTO: Ycee na Jaywillz twabakiriye bongera gukurira ingofero Kigali

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho ku ntambara ya Iran na Israel& America: Undi muyobozi yishwe

Ubutumwa bwa Minisitiri w’Urubyiruko Dr.Utumatwishima ku mpaka zavutse ku myambarire ya Doja Cat bwazamuye izindi

U Rwanda rwatangiye kugaragaza ibimenyetso mu rubanza rwarezemo u Bwongereza rwatangiye kuburanishwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.