Hakomeje kumvikana bamwe mu baturage bavuga ko imibereho yo mu Rwanda ikomeje kurushaho guhenda bitewe n’ibiciro ku isoko bitumbagira uko bwije uko bucyeye. Impuguke mu bukungu zigaragaza impamvu ndetse n’igikwiye...
Read moreMinisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yitabiriye umuhango wo gufungura imurikagurisha mpuzabihugu bya Africa (Intra-African Trade Fair) ubera muri Africa y’Epfo aho yahagarariye Perezida Kagame Paul, akaba yakiriwe na Perezida wa...
Read moreMu imurika rya mbere ry’Ubukerarugendo ry’Ibihugu bigize Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, u Rwanda rwongeye kwerekana ko ari Igihugu buri muntu wese utuye Isi yakwishimira gusura akubera ibyiza nyaburanga bihagaragara. Ni...
Read moreKuri uyu wa kabiri taliki ya 31 Kanama 2021 mu Rwanda hatangijwe umushinga “Skills Development and Employment Promotion among Youth In Rwanda Project( SDEPAY)”, umushinga uzamara imyaka itatu ugamije guha...
Read moreMiliyoni 620 z’amadorari y’Amerika ni ukuvuga agera kuri Miliyari 620 y’amanyarwanda niyo u Rwanda rwakuye mu bashoramari b’abanyamahanga, iri ni ideni guverimona y’u Rwanda ivuga ko rije mu kwishyura miliyoni...
Read moreAbahinzi b'ibigori bo mu mudugudu wa Musebeya umurenge wa Rusarabuye mu Karere ka Burera, barinubira ko bashishikarijwe guhuza umusaruro bakazashakirwa isoko, none ngo amaso yaheze mu kirere. Ni abahinzi bibumbiye...
Read more