Umuhanzi w’Umunyarwanda Ngabo Medard, Meddy, uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasohoye indirimbo nshya yise ‘My Vow’ akoresheje amashusho yafatiwe mu bukwe bwe na Mimi baherutse kurushinga. Ni indirimbo...
Read moreUmunyezamu w’Ikipe y’Igihugu na Kiyovu Sports, Yves Kimenyi yikomye abatutse umukunzi ubwo yavugaga ku bakomeje kumutukira umukunzi we Miss Uwase Muyango Claudine uherutse kugaragaza ko atwite inda y’imvutsi. “Muvuge ibyo...
Read moreUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ushinzwe Umuco, Hon Bamporiki Edouard yashime indirimbo nshya y’umuhanzi Niyo Bosco yitwa Piyapuresha. Indirimbo Piyapuresha ya Niyo Bosco ntiruzuza umunsi igiye hanze ariko...
Read moreNizeyimana Alphonse (Ndanda), ufitanye abana babiri na Anita Pendo yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Grace. Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo hagiye hanze amafoto y’uyu mugabo arimo yambika impeta umukunzi we....
Read moreUmuhanzikazi uri mu barikuzamuka muri muzika hano mu Rwanda, Ariel Wayz na Juno Kizigenza baherutse gushyira hanze indirimbo barikumwe, kuva aba bombi bahurira mu ndirimbo hakomeje kuvugwa inkuru z’urukundo rwabo...
Read moreKu mugoroba wo kuri Cyumweru tariki 04 Nyakanga 2021,Umuhanzi Mico The Best yambitse impeta umukunzi we bitegura kurushinga, beri bamaze igihe kinini bakundana. Ku mugoroba wo kuri Cyumweru tariki 04...
Read moreMu mashusho y’iminota ine n’amasegonda 17 yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga za Visit Rwanda na PSG, myugariro w’Umufaransa Layvin Kurzawa na Neymar bagaragara bumva indirimbo ‘Seka’ y’umuhanzi Niyo Bosco. Buri umwe...
Read moreNyuma y’uko Uwicyeza Pamela agaragaje ibyiyumviro bye ku mukunzi we The Ben, yahise amusubiza ko amukunda. The Ben na Uwicyeza bamaze iminsi bagaragaza ko bari mu munyenga w’urukundo, yifashishije ifoto...
Read moreUmuhanzikazi Clarisse Karasira n’umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie, bashinze ikigega gifite intego yo kuzafasha urubyiruko ibihumbi 10 rwo mu miryango ikennye ariko b’abahanga babuze uburyo bwo kwiga, bakabafasha gukurikirana amasomo....
Read moreMNI Ltd sosiyete yigenga ibarizwa mu Rwanda ifite intumbero yo kugira ngo uruhare mu iteramebere rya muzika Nyarwanda binyuze mu gushyiraho uburyo bwinjiriza abahanzi, yatangije ubufatanye na Radio&TV10 mu kiganiro...
Read more