Dosiye ikubiyemo ikirego cya Miss Iradukunda Elsa ukurikiranyweho ibyaha birimo gutanga ubuhamya bw’ibinyoma, yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha buzaregera urukiko rubifitiye ububasha. Iradukunda Elsa wegukanye ikamba rya Miss rwanda 2017, amaze...
Read moreUbuyobozi bw’Ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC, bwashyize hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino wo kwishyura wa ½ cy’irangiza mu gikombe cy’Amahoro. Itike ya macye ni 10,000 Frw. Ni umukino uteganyijwe...
Read moreUmushinga wa Amanda Akaliza wabaye Igisonga cya Mbere muri Miss Rwanda 2021, yanagaragaje muri iri rushanwa, uri muri ine yahembwe mu irushanwa rya iAccelerator ryatewe inkunga na Imbuto Foundation. Ni...
Read moreElon Musk uyoboye urutonde rw’abakire ba mbere ku Isi, yabaye ahagaritse kugura urubuga nkoranyambaga rwa Twitter kuri Miliyari 44 USD bitewe n’imbogamizi yagaragaje. Elon Musk yatangaje ibi kuri uyu wa...
Read moreUrubanza rw'ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ruregwamo Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid, rwashyizwe mu muhezo mu gihe uregwa we yifuzaga ko rubera mu ruhame kugira ngo Abanyarwanda bose barukurikire kuko banamenyeshejwe...
Read moreApôtre Mutabazi Kabalira Brain umaze iminsi atanga ibitekerezo ku mbuga nkoranyambaga, ubu na we yatumye benshi bamugarukaho nyuma yo kugaragaza imodoka bivugwa ko ari iye yatobowe n’abantu atamenye, bavuga ko uburyo yakunze...
Read moreUmuhanzi w’ikirangirire muri Afurika by'umwihariko mu karere, Diamond Platnumz yatangaje ko uyu mwaka uzasiga yaraguze indege bwite. Uyu muhanzi wo muri Tanzania umaze kuba ikimenyabose mu karere no ku mugabane...
Read moreUmuhanzikazi Clarisse Karasira n'umugabo we Ifashabayo Sylvain Dejoie bitegura kwakira imfura yabo, bateranye imitomo buri wese ashimira mugenzi we kuba atumye undi agiye kwitwa umubyeyi. Nyuma y’uko Clarisse Karasira akorewe...
Read moreUmunyamakuru Karangwa Michel uzwi nka Mike Karangwa ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi we Se, witabye Imana azize uburwayi. Kabasinga Clement, umubyeyi wa Mike Karangwa yitabye Imana kuri uyu wa...
Read moreUmuyobozi wa Rwanda Inspiration Backup, Ishimwe Dieudonne (Prince Kid) witabye Urukiko kugira ngo aburanishwe ku ifunga n’ifungurwa by’agateganyo, ntiyabashije kuburana kubera imbogamizi zagaragajwe n’umwunganira mu mategeko. Prince Kid wagejewe ku...
Read more