Friday, December 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Icyatumye Umunyarwanda uzwi ku mbuga nkoranyambaga afungirwa muri America cyamenyekanye

radiotv10by radiotv10
27/07/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
2
Icyatumye Umunyarwanda uzwi ku mbuga nkoranyambaga afungirwa muri America cyamenyekanye
Share on FacebookShare on Twitter

Umunyarwanda Eric Semuhungu usanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za America, akaba anafungiyeyo, hamenyekanye icyatumye afungwa.

Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Review Journal cyo muri Leta Zunze Ubumwe za America, gitangaza ko uyu musore ukomoka mu Rwanda akurikiranyweho icyaha cyo gusindisha no gufata ku ngufu.

Iki cyaha yari amaze igihe akoze, yafatiwe mu majyaruguru ya Las Vegas aho yari asanzwe atuye kugira ngo ajye kuburana kuri icyo cyaha.

Amwe mu makuru akomeje gukwirakwira hirya no hino, ni Eric Semuhungu wamaze gukatirwa, hariho urujijo rw’aho azafungirwa dore ko ari Umunyarwanda ariko akaba yarinjiye muri America akoresheje ibyangombwa byo muri Afurika y’Epfo.

Si ku nshuro ya mbere uyu musore afunzwe, kuko ni muri Werurwe 2020 yari yafunzwe azira amashusho y’urukozasoni yashyize ku mbuga nkoranyambaga ari gusambana n’undi mugabo, icyaha yakoze muri 2018 akaregwa muri 2019.

Icyo gihe Semuhungu wireguraga avuga ko icyo cyaha bagikoze basinze,

yashinjwe ibyaha bibiri nkuko Polisi ya Las Vegas yanditse muri Raporo yo kumuta muri yombi, bamushinje icyo gusambanya ku gahato no gukwirakwiza mu buryo butemewe.

Polisi ya Las Vegas muri Raporo yanditse iti “Uwahohotewe yavuze ko amafoto na videwo byashyizwe ahagaragara binyuze kuri WhatsApp ku bantu batamenyekanye.”

Icyaha uyu Munyarwanda Semuhugu Eric yakoze, gishobora gutuma yamburwa ubwenegihugu bwa Leta Zunze z’Amerika, ku buryo ashobora koherezwa iwabo.

Eric Semuhungu yavukiye mu Murenge wa Kimisagara mu mujyi wa Kigali, yabaye mu bihugu bitandukanye nka Uganda na Afurika y’Epfo ari naho yahuriye n’uwahoze ari umugabo we, Ryan Hargrave bakundanye bakemeranya kubana nk’umugore n’umugabo waje kwitaba Imana.

Ubwo yashyingiranwaga n’umugabo mugenzi we

Esther Fifi UWIZERA
RADIOTV10

Comments 2

  1. Kelly says:
    2 years ago

    Ngo bamukatiye imyaka ingahe?

    Reply
  2. Rick says:
    2 years ago

    It is a pity

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twelve + 20 =

Previous Post

Afghanistan: Hari icyatangiye gukorwa nyuma y’icyemezo cyababaje abagore

Next Post

Uruganda rutunganya amata y’icyanga gihebuje rwahishuye ibanga ryayo ritazwi na benshi

Related Posts

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

by radiotv10
12/12/2025
0

Umuhanzikazi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yizihije isabukuru y’amavuko kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025,...

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

by radiotv10
11/12/2025
0

Mu rubanza rw’abaregwa gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni, barimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, hasobanuwe ko uyu uzwi mu biganiro kuri YouTube,...

Uko byagenze ubwo umuhanzi Lionel Sentore yahuraga n’umubyeyi we baherukanaga mu myaka 13 ishize

Uko byagenze ubwo umuhanzi Lionel Sentore yahuraga n’umubyeyi we baherukanaga mu myaka 13 ishize

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuhanzi mu njyana ya gakondo, Lionel Sentore, yagaragaje ibyishimo yatewe no kongera guhura n’umubyeyi we bari bamaze imyaka 13 batabonana,...

Bamporiki wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gusezerana w’Umuhanzi Niyo Bosco

Bamporiki wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gusezerana w’Umuhanzi Niyo Bosco

by radiotv10
11/12/2025
0

Edouard Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda, yagiye gushyigikira umuhanzi Niyo Bosco, mu muhango wo gusezerana imbere y’amategeko n’umugore...

Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

by radiotv10
10/12/2025
0

Umuhanzikazi Alyn Sano yabajijwe niba akiri isugi, abanza gutungurwa no kuba uwari ubimubajije atinyuka kubimubaza, amusubiza na we amubaza niba...

IZIHERUKA

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze
AMAHANGA

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

by radiotv10
12/12/2025
0

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

12/12/2025
Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

12/12/2025
Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

12/12/2025
Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

12/12/2025
Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Uruganda rutunganya amata y’icyanga gihebuje rwahishuye ibanga ryayo ritazwi na benshi

Uruganda rutunganya amata y’icyanga gihebuje rwahishuye ibanga ryayo ritazwi na benshi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.