Tuesday, November 4, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home UDUSHYA

Igisubizo RIB yasubije uwabyutse ayandikira ayisuhuza anayimenyesha ko ayizirikana

radiotv10by radiotv10
17/03/2023
in UDUSHYA
2
Igisubizo RIB yasubije uwabyutse ayandikira ayisuhuza anayimenyesha ko ayizirikana
Share on FacebookShare on Twitter

Umwe mu bakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter, yaramutse yandika ubutumwa kuri uru rubuga, aramutsa Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, (RIB) arubaza impumeko y’abakozi barwo, na rwo ntirwamutenguha ruramusubiza, rumwifuriza n’umunsi mwiza uzira icyaha.

Ni ubutumwa bwanditswe kuri Twitter mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Werurwe 2023, n’ukoresha izina rya Kavukex kuri uru rubuga.

Yateruye ubutumwa bwe agira ati “Nubwo mba mbona abandi batabitayeho ariko njye mba mbazirikana.”

Yakomeje agira ati ati “Ese computer [mudasobwa] na Mouse [utwuma twifashishwa kuri mudasobwa] byanyu birakora neza? intebe zanyu, printer zanyu ntakibazo? Munsuhurize abakozi bose na administration [ubuyobozi] yanyu muti ‘Kavukex’ arabatashya kandi arabakunda.”

Ubuyobozi bw’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) na bwo bwasubije uyu muntu, bumumenyesha ko muri uru rwego amahoro ahinda.

Mu butumwa busubiza ubw’uyu ukoresha izina rya Kuvukex, RIB yagize iti “Mwaramutse neza Kavutse, muri RIB ni amahoro ndetse n’ibikoresho birakora neza. Intashyo zanyu zatugezeho, natwe turabatashya.”

Uru Rwego rw’Igihugu rushinzwe kugenza ibyaha, rwasoje ubutumwa bwarwo, rwibutsa uyu muturage ko agomba kugendera kure ikitwa icyaha, rugira ruti “Mugire umunsi mwiza uzira icyaha!”

Ni ubutumwa budakunze kwandikirwa inzego za Leta byumwihariko uru rushinzwe gukora iperereza, kuko abakunze kurwandikira, ari aba barumenyesha iby’ibyaha byakozwe cyangwa ababikorewe, basaba ubufasha.

RADIOTV10

Comments 2

  1. Ndayisaba Alphonse says:
    3 years ago

    Ndabakunda ukeneye watsapp yanjye ni +25769643514

    Reply
  2. Michel says:
    3 years ago

    Michel kuva mubujumbura ndsbasuhuje . mwubahwe ” ESE TV 10 namwe muraho nibikoresho nabanyakuru mwese?imana ibarinde💑’*”

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 3 =

Previous Post

Hari amakuru bivugwa ko yagizwe ibanga muri Label ifasha abahanzi ikomeye mu Rwanda

Next Post

Nyabugogo: Inkuru ibabaje iturutse kwa Mutangana habonetse uwapfuye urw’amayobera

Related Posts

Mu butumwa bw’imbamutima icyamamare Lewis Hamilton yagaragaje agahinda kenshi yatewe n’urupfu rw’imbwa ye

Mu butumwa bw’imbamutima icyamamare Lewis Hamilton yagaragaje agahinda kenshi yatewe n’urupfu rw’imbwa ye

by radiotv10
29/09/2025
0

Umukinnyi rurangiranwa mu mukino wo gusiganwa ku modoka, Lewis Hamilton ari mu gahinda kenshi ko gupfusha imbwa ye yari ifite...

IFOTO: Moto yabererekeye igare iba igikoresho cyo gutuma barireba

IFOTO: Moto yabererekeye igare iba igikoresho cyo gutuma barireba

by radiotv10
29/09/2025
0

Icyumweru cy’ibyishimo i Kigali mu Rwanda, ahari hamaze iminsi habera Shampiyona y’Isi y’Amagare yanyuze mu bice binyuranye by’uyu Murwa Mukuru...

Hygiene tips every Gen Z should follow to look good and feel confident

Hygiene tips every Gen Z should follow to look good and feel confident

by radiotv10
20/09/2025
0

Gen Z is known for being stylish, confident, and very active online. But one thing that never goes out of...

Umusatsi amaranye imyaka 15 watumye yandikwa mu banyaduhigo ku Isi

Umusatsi amaranye imyaka 15 watumye yandikwa mu banyaduhigo ku Isi

by radiotv10
16/09/2025
0

Umunyamerikakazi Aevin Dugas, ari mu byishimo nyuma yo kwandikwa mu gitabo cy’abanyaduhigo ku Isi ‘Guinness World Records’, aho yagize umusatsi...

“Too fat” or “Too skinny”?- Body shaming is never a joke

“Too fat” or “Too skinny”?- Body shaming is never a joke

by radiotv10
16/07/2025
0

“You’re so fat.”  “You’ve lost so much weight.” “You would have prettier if you changed a few things.” These are...

IZIHERUKA

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu
IBYAMAMARE

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

by radiotv10
04/11/2025
0

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

04/11/2025
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abasore b’abanyamahanga bagaragaye bakubita abantu muri Kigali

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

04/11/2025
Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

Abazareba umukino uterejwe na benshi mu Rwanda bamenyeshejwe ibiciro bitagira uwo bica intege

04/11/2025
Rwanda kicks off nationwide Digital ID registration in the Southern Province

Eng.-Emotions of the first Rwandans taking part in Digital ID identity verification and photo registration

04/11/2025
Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

Being a Single Mother is not the end of the World: The inspiring Journey of Tuyishime Clemence

04/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nyabugogo: Inkuru ibabaje iturutse kwa Mutangana habonetse uwapfuye urw’amayobera

Nyabugogo: Inkuru ibabaje iturutse kwa Mutangana habonetse uwapfuye urw’amayobera

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

Igisubizo kirimo urwenya Obama yahaye umugore wamubwiriye mu ruhame ko amukunda

Icyo Sudani ivuga ku banyeshuri bo muri iki Gihugu bagaragaye mu bikorwa by’urugomo mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.