Wednesday, November 5, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Indirimbo z’intoranywa zidakwiye kubura kuri Playlist yawe muri ibi bihe

radiotv10by radiotv10
11/10/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Indirimbo z’intoranywa zidakwiye kubura kuri Playlist yawe muri ibi bihe
Share on FacebookShare on Twitter

Abakunzi b’umuziki ntibahwema gushyirwa igorora n’abahanzi bashyira hanze indirimbo zo kubanezeza umunsi ku wundi. Ubu hari indirimbo zigezweho zaba iz’abahanzi Nyarwanda n’iz’abanyamahanga zinogeye amatwi. Dore eshanu udakwiye gutambukaho utumvise cyangwa utarebye.

 

  1. Water- Tyla

Water ni indirimbo y’umukobwa wo muri Afurika y’Epfo utaramara igihe kinini mu muziki, uheruka mu Rwanda mu iserukiramuco rya Giants Of Africa.

Uyu muhanzikazi uri mu bagezweho muri Afurika, yashyize hanze amashusho y’indirimbo ku wa Gatanu w’icyumweru gishize nyuma y’igihe gito ashyize hanze amajwi yayo.

 

  1. Faible- Monia Fleur ft Big Fizzo

Monia Fleur ufite se w’Umunyarwanda nyina akaba Umurundikazi, ni umwe mu banyamuziki batanga icyizere muri Africa y’Iburasirazuba.

Uyu muhanzi yahuje imbaraga n’umuhanzi w’ikirangirire mu karere Big Fizzo bakorana indirimbo bise Faible.

 

  1. Ni Nziza- Chryso Ndasingwa

Niba ukunda indirimbo zihimbaza Imana, indirimbo ‘Ni Nziza’ ya Chryso Ndasigwa, ni imwe mu zo ukwiye kumva no kureba.

Chryso Ndasigwa yanditse iyi ndirimbo mu ndimi ebyiri; Ikinyarwanda n’Icyongereza, amajwi yayo yatunganyijwe na Boris, naho ry’amashusho ayoborwa na Musinga.

 

  1. Njyenyine- Yverry ft Knowless

Nyuma y’igihe bombi batagaragara ku rutonde rw’abasohora indirimbo nshya, Yverry na Butera Knowless barihuje bakora indirimbo y’urukundo bise ‘Njyenyine’.

Ni indirimbo bivugwa ko yari imaze imyaa igera kuri itatu ikozwe dore ko Element wakoze ku majwi yayo yayikoreye muri Country Records mu gihe amaze hafi umwaka avuyeyo.

 

  1. Confirm- Dany Nanone

“Unsabye ideni ry’ubuzima nagukopa, umfungiye mu mutima sinatoroka…”- Ni amwe mu magambo ari muri iyi ndirimbo Confirm ya Danny Nanone.

Ni indirimbo iri mu zigezweho mu Rwanda, by’umwihariko inogeye amatwi, nanone kandi ikaba ibyinitse, dore ko n’abakomeje gukora challenge yayo ku mbuga nkoranyambaga, bakomeje kuba benshi.

Joby Joshua TUYITAKIRE
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × five =

Previous Post

Uwakiniye amakipe y’ubukombe mu Rwanda yatangaje icyemezo gitunguranye yafashe

Next Post

Amakuru mashya ku mukozi w’urwego rwa Leta mu Rwanda wagaragaweho ibyanenzwe

Related Posts

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

by radiotv10
04/11/2025
0

Alice Masinzo wahoze ari umunyamakuru kuri imwe muri radio zo mu Rwanda, yasangije abantu ibyishimo afite nyuma yo gusezerana n’umukunzi...

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

Naomie yahishuye ingorane yagize mu kwandika igitabo zatumye agera n’aho arira n’amashimwe afite ubu

by radiotv10
04/11/2025
0

Ishimwe Naomie wabaye Miss w’u Rwanda wa 2020, yavuze ko mu rugendo rwo kwandika igitabo cye cya mbere yise ‘More...

Umuhanzi wari uterezanyijwe amatsiko yageze mu Rwanda yaherukagamo mu myaka irenga 15

Umuhanzi wari uterezanyijwe amatsiko yageze mu Rwanda yaherukagamo mu myaka irenga 15

by radiotv10
04/11/2025
0

Umuhanzi w’Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo wari utegerejwe mu Rwanda yaherukagamo mu myaka 17, yahasesekaye. Uyu...

Amakuru y’ibanga agezweho ku muhanzi ukunzwe na benshi mu Rwanda

Amakuru y’ibanga agezweho ku muhanzi ukunzwe na benshi mu Rwanda

by radiotv10
03/11/2025
0

Umuhanzi w’umuraperi Kivumbi King uri mu bagezweho mu Rwanda, amakuru aremeza ko yamaze kwinjira mu nzu ifasha abahanzi ya 1:55...

Umuhanzi uzwi mu ndirimbo zakanyujijeho hambere mu Rwanda yitabye Imana

Umuhanzi uzwi mu ndirimbo zakanyujijeho hambere mu Rwanda yitabye Imana

by radiotv10
03/11/2025
0

Umuhanzi Ngabonziza Augustin waririmbye indirimbo ‘Ancila’ yo hambere iri mu zakunzwe na benshi mu Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi. Uyu...

IZIHERUKA

Amakuru agezwe ku ihagarikwa ry’ibikorwa by’Ikibuga cy’indege cya Bruxelles ryatewe n’impungenge
AMAHANGA

Amakuru agezwe ku ihagarikwa ry’ibikorwa by’Ikibuga cy’indege cya Bruxelles ryatewe n’impungenge

by radiotv10
05/11/2025
0

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

05/11/2025
Igihugu cy’u Bushinwa n’icy’u Burusiya birishimira uko umubano wabyo uhagaze bikaniyemeza ibirenzeho

Igihugu cy’u Bushinwa n’icy’u Burusiya birishimira uko umubano wabyo uhagaze bikaniyemeza ibirenzeho

05/11/2025
MTN Rwanda Surpasses 8 Million Subscribers and Accelerates Digital Inclusion Through Innovative Smartphone Initiatives

MTN Rwanda Surpasses 8 Million Subscribers and Accelerates Digital Inclusion Through Innovative Smartphone Initiatives

05/11/2025
AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

AMAFOTO: Umunyamakurukazi wamamaye mu Rwanda usigaye aba hanze yagaragaje ibirori byo gusezerana n’umukunzi

04/11/2025
Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

Bugesera FC yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gukina n’ikipe yo hanze yemerewe gukinda Shampiyona y’u Rwanda

04/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Amakuru mashya ku mukozi w’urwego rwa Leta mu Rwanda wagaragaweho ibyanenzwe

Amakuru mashya ku mukozi w’urwego rwa Leta mu Rwanda wagaragaweho ibyanenzwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezwe ku ihagarikwa ry’ibikorwa by’Ikibuga cy’indege cya Bruxelles ryatewe n’impungenge

Nyamasheke: Abantu 5 barimo abatetsi b’ikigo cy’ishuli bakurikirwanywe ho kwiba ibiryo by’abana

Igihugu cy’u Bushinwa n’icy’u Burusiya birishimira uko umubano wabyo uhagaze bikaniyemeza ibirenzeho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.