• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Nyuma yo kugaragara mu mashusho yateje bombori Moses yasesekaye mu Rwanda

radiotv10by radiotv10
20/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Nyuma yo kugaragara mu mashusho yateje bombori Moses yasesekaye mu Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Moses Turahirwa uherutse kugarukwaho cyane kubera amashusho akojeje isoni yagaragayemo aho byavugwaga ko ari hanze y’u Rwanda, biravugwa ko yasesekaye i Kigali mu Rwanda.

Uyu musore uzwiho ubuhanga mu guhanga imideri ndetse akaba yarashinze inzu yayo izwi nka Moshions yambika abantu bakomeye barimo b’abayobozi mu nzego nkuru z’u Rwanda, mu minsi ishize yari yabaye inkuru ku mbuga nkoranyambaga.

Kuvugwa kwe kwatewe n’amashusho yagaragayemo ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’abandi bagabo, na we ubwe aza kwiyemerera ko ari we wayagaragayemo.

Moses Turahirwa ubwo yasabaga imbabazi ku bakojejwe isoni n’ayo mashusho, yavuze ko ari agace ka film ndende iri gukorwa ijyanye n’ubushakashatsi ku myororokere y’ingagi, iri gutegurirwa mu Butaliyani.

Uyu musore wari mu Butaliyani ubwo aya mashusho yajyaga hanze, ubu yamaze kugera mu Rwanda nkuko amakuru abyemeza.

Uwaduhaye amakuru avuga ko Moses yavuye mu Butaliyani yerecyeza mu Bufaransa agahita ajya i Dubai ari na ho yavuye yerecyeza mu Gihugu cyamwibarutse mu Rwanda.

Uyu waduhaye amakuru kandi avuga ko uyu musore anafite ibikorwa azitabira biteganyijwe kubera mu Rwanda, ari na byo byamuzanye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fourteen + twenty =

Previous Post

Nyanza: Uwo bivugwa ko ari Umunyekongo arakekwaho amahano adasanzwe

Next Post

Mu cyumweru gitaha ibiro bimwe bikomeye bya Polisi ntibizaba bikiri aho bisanzwe

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Mu cyumweru gitaha ibiro bimwe bikomeye bya Polisi ntibizaba bikiri aho bisanzwe

Mu cyumweru gitaha ibiro bimwe bikomeye bya Polisi ntibizaba bikiri aho bisanzwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.