Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yagize icyo avuga ku ngingo igaruka ku Rwanda mu cyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga mu Bwongereza rwatesheje...
Perezida Paul Kagame yabwiye abakora mu butabera no mu bucamanza ko uko inzego zabo zibutsa abantu ko nta n’umwe uri...
Mu minsi ibiri ikurikirana, Leta Zunze Ubumwe za America n’Umuryango w’Abibumbye, baganiriye na Perezida Paul Kagame ku bibazo by’umutekano biri...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres; cyagarutse ku bibazo by’umutekano biri mu burasirazuba...
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Dr Vincent Biruta, yavuze ko iturufu ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yo guhora ishinja...
Dr Charles Murigande wabaye mu buyobozi Bukuru bw’u Rwanda, avuga ko inyigisho zivomwa mu muryango Unity Club Intwararumuri, zagize uruhare...
Ambasaderi Claver Gatete uherutse guhabwa inshingano n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, zo kuyobora Komisiyo ishinzwe Ubukungu muri Afurika y’uyu...
Dr Patrick Hitayezu wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubukungu muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, yirukanywe kuri uyu mwanya kubera kugaragaza imyitwarire idahwitse...
Igitangazamakuru cya TV10 kigiye gutangiza ikiganiro cy’ubusesenguzi ku ngingo zinyuranye, kizakorwa n’abanyamakuru basanzwe bazwiho ubuhanga mu gusesengura barimo Karegeya Omar...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yavuze ko bamwe mu bahoze mu gisirikare cy’ubutegetsi bwateguye...
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful