Dr Charles Murigande wabaye mu buyobozi Bukuru bw’u Rwanda, avuga ko inyigisho zivomwa mu muryango Unity Club Intwararumuri, zagize uruhare...
Ambasaderi Claver Gatete uherutse guhabwa inshingano n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, zo kuyobora Komisiyo ishinzwe Ubukungu muri Afurika y’uyu...
Dr Patrick Hitayezu wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubukungu muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, yirukanywe kuri uyu mwanya kubera kugaragaza imyitwarire idahwitse...
Igitangazamakuru cya TV10 kigiye gutangiza ikiganiro cy’ubusesenguzi ku ngingo zinyuranye, kizakorwa n’abanyamakuru basanzwe bazwiho ubuhanga mu gusesengura barimo Karegeya Omar...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe, yavuze ko bamwe mu bahoze mu gisirikare cy’ubutegetsi bwateguye...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Ubutwererane bw’akarere, General (Rtd) James Kabarebe yatangaje ko muri uyu mwaka utararangira...
Uwari Umunyamabanga Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Isabelle Kalihangabo, yahinduriwe imirimo, asimburwa n’uwari ukuriye uru Rwego mu Ntara y’Amajyepfo. Hari...
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Musoni Paula yagaragaye abyina mu mbyino gakondo, avuna sambwe bimenyerewe ku babyinnyi b’abanyamwuga. Ni mu...
Perezida Paul Kagame yakiriye Perezida w’Inzibacyuho wa Gabon, General Brice Clotaire Oligui Nguema, bagirana ibiganiro byagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo...
Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko yishimira umubano mwiza uri hagati ya Repubulika yarwo n’u Burusiya, wujuje imyaka 60 ubayeho, ivuga...
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful