Tuesday, December 30, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umunyemari KNC yafashe icyemezo gitunguranye yatewe n’umujinya w’ibyakozwe na Moses Turahirwa

radiotv10by radiotv10
06/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
5
Umunyemari KNC yafashe icyemezo gitunguranye yatewe n’umujinya w’ibyakozwe na Moses Turahirwa
Share on FacebookShare on Twitter

Umuherwe KNC ukora itangazamakuru ufite n’igitangazamakuru cye akaba n’umushoramari muri ruhago, yavuze icyemezo yafashe yatewe n’amashusho y’umuhanzi w’imideri Moses Turahirwa uherutse kugaragara mu mashusho akojeje isoni.

Moses Turahirwa washinze inzu y’imideri ikomeye inambika abarimo abayobozi bo ku rwego rwo hejuru, aherutse kugaragara mu mashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’abandi bagabo [ubutinganyi], ibintu bisanzwe bihabanye n’umuco nyarwanda.

Uyu musore kandi yaje no kwiyemerera ko ugaragara muri aya mashusho koko ari we, aboneraho gusaba imbabazi abakojejwe isoni na yo, avuga ko ari ay’agace ka film iri gukorerwa mu Butaliyani, izaba ifite intego y’ubushakashatsi ku myororokere y’ingagi n’ahazaza hazo.

Umunyemari Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC ubwo yari mu kiganiro Rirarashe gitambuka kuri Radio 1 buri gitondo, yagaragaje akababaro yatewe n’ibyakozwe n’uyu musore Moses Turahirwa yari asanzwe abereye umukiliya mu nzu y’imideri ye ya Moshions.

Yavuze ko yari asanzwe afite ishati yaguze muri Moshions (inzu y’imideri yashinzwe na Moses) ariko ko yafashe icyemezo yatewe na ririya bara ryakozwe na Moses.

Ati “Ngiye kuyitwika […] nayiguze amafaranga yanjye ngiye kuyitwika. Njyewe imyumvire yanjye ndumva nakojejwe isoni mu buryo bw’indengakamere.”

Amashusho y’uyu musore ari mu bikomeje kuba inkuru muri iki cyumweru, aho benshi bagaya ibyayo kuko bihabanye n’indangagaciro nyarwanda.

KNC yavuze ko agiye guhita atwika ishati yaguze muri Moshions

RADIOTV10

Comments 5

  1. Pasi says:
    3 years ago

    Ubundi abatiganyi bababari kutwicira igihungu ,mureke tubafuge cyagwa tujye tubica.😶

    Reply
  2. Pasi says:
    3 years ago

    Let’s kill them or prison them

    Reply
  3. pzo says:
    3 years ago

    Wllllh bajye bakora ibyo bishimira yari ari kwishimish

    Reply
  4. BYIZA Aime says:
    3 years ago

    Bakwiye guhanwa bikomeye bityo kwangiza umuco wacu buriwese akajya yumviraho cg akareberaho

    Reply
  5. Derrick says:
    3 years ago

    Ubwo nububwa bukomeye cyane.Moses nawe agomba kubarwa mumubare wabokobwa my Rwanda nago akiri mubagabo

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two × 1 =

Previous Post

Abacancuro b’indwanyi kabuhariwe ‘bafasha FARDC’ bagaragaye bambariye urugamba

Next Post

Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Related Posts

Hashyizwe hanze amakuru y’icyateye impanuka ikomeye yari ihitanye nimero ya mbere ku Isi mu iteramakofe

Hashyizwe hanze amakuru y’icyateye impanuka ikomeye yari ihitanye nimero ya mbere ku Isi mu iteramakofe

by radiotv10
30/12/2025
0

Ishami rya Polisi ya Nigeria Rishinzwe umutekano wo mu muhanda (FRSC) ryemeje ko umuvuduko ukabije no kunyuranaho ari byo byateje...

Abahanzi barimo uw’ikirangirire muri Afurika bazafasha Abanyakigali kurangiza umwaka bahasesekaye

Abahanzi barimo uw’ikirangirire muri Afurika bazafasha Abanyakigali kurangiza umwaka bahasesekaye

by radiotv10
30/12/2025
0

Abahanzi Ali Kiba wo muri Tanzania uri mu bafite izina rikomeye muri Afurika y’Iburasirazuba, na Shaffy; bageze mu Rwanda kwitegura...

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Abarimo umunyamakuru ‘Djihad’ bakurikiranyweho amashusho y’urukozasoni baragaruka imbere y’Urukiko

by radiotv10
29/12/2025
0

Abantu bane barimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, bakurikiranyweho gusakaza amashusho y'urukozasoni y'umuhanzi 'Yampano', baherutse gufatirwa icyemezo cyo gufungwa by'agateganyo,...

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

Minisitiri yagize icyo avuga ku muhanzi Israel Mbonyi nyuma yo kwitabira igitaramo cye bwa kabiri

by radiotv10
26/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko akurikije uko yabonye Israel Mbonyi yataramiye abantu, uyu muhanzi arenze kuba...

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

by radiotv10
24/12/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yasabye urubyiruko ruhanganisha abahanzi The Ben na Bruce Melodie kubihagarika, yemeza ko kuri...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho ku barimo Prophet Joshua baherutse gufungwa bakurikiranyweho kugayisha ifaranga ry’Igihugu
MU RWANDA

Amakuru agezweho ku barimo Prophet Joshua baherutse gufungwa bakurikiranyweho kugayisha ifaranga ry’Igihugu

by radiotv10
30/12/2025
0

Hashyizwe hanze amakuru y’icyateye impanuka ikomeye yari ihitanye nimero ya mbere ku Isi mu iteramakofe

Hashyizwe hanze amakuru y’icyateye impanuka ikomeye yari ihitanye nimero ya mbere ku Isi mu iteramakofe

30/12/2025
Dore amafoto y’abayobozi bakuru ba AFC/M23 barindiwe umutekano bidasanzwe i Goma

Dore amafoto y’abayobozi bakuru ba AFC/M23 barindiwe umutekano bidasanzwe i Goma

30/12/2025
Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

Ubutumwa Perezida Kagame yageneye abasirikare b’u Rwanda n’abo mu zindi nzego z’umutekano

30/12/2025
Umugaba Mukuru w’abarwanyi ba AFC/M23 Gen.Makenga yahaye ubutumwa abatekereza ko urugamba rwarangiye

Umugaba Mukuru w’abarwanyi ba AFC/M23 Gen.Makenga yahaye ubutumwa abatekereza ko urugamba rwarangiye

30/12/2025
U Rwanda rwagaragaje iby’ingenzi umwaka wa 2025 ukwiye gusiga ku bibazo byo muri Congo

U Rwanda rwagaragaje iby’ingenzi umwaka wa 2025 ukwiye gusiga ku bibazo byo muri Congo

30/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho ku barimo Prophet Joshua baherutse gufungwa bakurikiranyweho kugayisha ifaranga ry’Igihugu

Hashyizwe hanze amakuru y’icyateye impanuka ikomeye yari ihitanye nimero ya mbere ku Isi mu iteramakofe

Dore amafoto y’abayobozi bakuru ba AFC/M23 barindiwe umutekano bidasanzwe i Goma

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.