Wednesday, October 22, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umunyemari KNC yafashe icyemezo gitunguranye yatewe n’umujinya w’ibyakozwe na Moses Turahirwa

radiotv10by radiotv10
06/01/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
5
Umunyemari KNC yafashe icyemezo gitunguranye yatewe n’umujinya w’ibyakozwe na Moses Turahirwa
Share on FacebookShare on Twitter

Umuherwe KNC ukora itangazamakuru ufite n’igitangazamakuru cye akaba n’umushoramari muri ruhago, yavuze icyemezo yafashe yatewe n’amashusho y’umuhanzi w’imideri Moses Turahirwa uherutse kugaragara mu mashusho akojeje isoni.

Moses Turahirwa washinze inzu y’imideri ikomeye inambika abarimo abayobozi bo ku rwego rwo hejuru, aherutse kugaragara mu mashusho ari gukorana imibonano mpuzabitsina n’abandi bagabo [ubutinganyi], ibintu bisanzwe bihabanye n’umuco nyarwanda.

Uyu musore kandi yaje no kwiyemerera ko ugaragara muri aya mashusho koko ari we, aboneraho gusaba imbabazi abakojejwe isoni na yo, avuga ko ari ay’agace ka film iri gukorerwa mu Butaliyani, izaba ifite intego y’ubushakashatsi ku myororokere y’ingagi n’ahazaza hazo.

Umunyemari Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC ubwo yari mu kiganiro Rirarashe gitambuka kuri Radio 1 buri gitondo, yagaragaje akababaro yatewe n’ibyakozwe n’uyu musore Moses Turahirwa yari asanzwe abereye umukiliya mu nzu y’imideri ye ya Moshions.

Yavuze ko yari asanzwe afite ishati yaguze muri Moshions (inzu y’imideri yashinzwe na Moses) ariko ko yafashe icyemezo yatewe na ririya bara ryakozwe na Moses.

Ati “Ngiye kuyitwika […] nayiguze amafaranga yanjye ngiye kuyitwika. Njyewe imyumvire yanjye ndumva nakojejwe isoni mu buryo bw’indengakamere.”

Amashusho y’uyu musore ari mu bikomeje kuba inkuru muri iki cyumweru, aho benshi bagaya ibyayo kuko bihabanye n’indangagaciro nyarwanda.

KNC yavuze ko agiye guhita atwika ishati yaguze muri Moshions

RADIOTV10

Comments 5

  1. Pasi says:
    3 years ago

    Ubundi abatiganyi bababari kutwicira igihungu ,mureke tubafuge cyagwa tujye tubica.😶

    Reply
  2. Pasi says:
    3 years ago

    Let’s kill them or prison them

    Reply
  3. pzo says:
    3 years ago

    Wllllh bajye bakora ibyo bishimira yari ari kwishimish

    Reply
  4. BYIZA Aime says:
    3 years ago

    Bakwiye guhanwa bikomeye bityo kwangiza umuco wacu buriwese akajya yumviraho cg akareberaho

    Reply
  5. Derrick says:
    3 years ago

    Ubwo nububwa bukomeye cyane.Moses nawe agomba kubarwa mumubare wabokobwa my Rwanda nago akiri mubagabo

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven − 8 =

Previous Post

Abacancuro b’indwanyi kabuhariwe ‘bafasha FARDC’ bagaragaye bambariye urugamba

Next Post

Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Related Posts

Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

by radiotv10
22/10/2025
0

Umuhanzi w’Indirimbo z’Imana, Ishimwe Joshua yifurije isabukuru nziza umugore we, akoresheje amagambo aryohereye, amwibutsa ko urukundo amukunda ari ntagereranywa. Josh...

Umuhanzikazi Nyarwanda uba hanze yashyize hanze indirimbo yuzuye amashimwe

Umuhanzikazi Nyarwanda uba hanze yashyize hanze indirimbo yuzuye amashimwe

by radiotv10
20/10/2025
0

Umuhanzikazi Antoinette Rehema w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ukorera ibikorwa bye bya muzika muri Canada, yashyize hanze indirimbo ye...

Ubutumwa buryohereye umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yageneye umuhanzi wamwambitse impeta

Hamenyekanye itariki y’ubukwe bw’umunyamakurukazi n’umuhanzi bazwi mu Rwanda

by radiotv10
18/10/2025
0

Umunyamakurukazi Yvonne Kayitesi uzwi nka Tessy n’umuhanzi w’umuraperi, Ishimwe Hakizimana uzwi nka Shizzo baherutse kwambikana impeta y’urukundo, bashyize hanze itariki...

Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

Bidasubirwaho umuhanzi wakanyujijeho umaze imyaka 12 hanze yatangaje igihe azagarukira gutura mu Rwanda

by radiotv10
17/10/2025
0

Umuhanzi Kitoko Bibarwa wari umaze imyaka 12 atuye ku Mugabane w’u Burayi, yemeje ko mu kwezi gutaha azagaruka mu Rwanda...

Ruracyageretse hagati y’umunyamakuru n’umukinnyikazi wa filimi bapfa imodoka yagaragajwe n’umwe

Ruracyageretse hagati y’umunyamakuru n’umukinnyikazi wa filimi bapfa imodoka yagaragajwe n’umwe

by radiotv10
17/10/2025
0

Umukinnyikazi wa Filimi uzwi mu Rwanda, Alliah Cool yongeye kwikoma umunyamakuru wagize icyo avuga ku modoka ye ifite plaque yo...

IZIHERUKA

FARDC yatumye hazamuka ubwoba bwinshi mu gace ko muri Kivu ya Ruguru
AMAHANGA

FARDC yatumye hazamuka ubwoba bwinshi mu gace ko muri Kivu ya Ruguru

by radiotv10
22/10/2025
0

Indwara y’amatungo yagaragaye mu Karere ka Rubavu yatumye hafatwa ingamba

Indwara y’amatungo yagaragaye mu Karere ka Rubavu yatumye hafatwa ingamba

22/10/2025
Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

22/10/2025
Impanuka ikomeye muri Uganda yahitanye benshi

Impanuka ikomeye muri Uganda yahitanye benshi

22/10/2025
Amakuru mashya y’urugamba rwa M23 yongeye kuvugwamo icyagaragayemo gifatwa nk’icyatunguranye

Amakuru agezweho mu mirwano ihanganishije AFC/M23 na FARDC

22/10/2025
Ingabo z’u Rwanda zagiranye ibiganiro n’iza Qatar na Somalia

Ingabo z’u Rwanda zagiranye ibiganiro n’iza Qatar na Somalia

22/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Umwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda agiye guhagarika umuziki

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

FARDC yatumye hazamuka ubwoba bwinshi mu gace ko muri Kivu ya Ruguru

Indwara y’amatungo yagaragaye mu Karere ka Rubavu yatumye hafatwa ingamba

Umuhanzi Nyarwanda Josh yabwiye umugore we amagambo aryohereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.