Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwahannye amahoteli, resitora n'ahandi hakira abantu, byose hamwe 18, kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya COVID19. RDB yaboneyeho kongera kwibutsa ibigo by’ubukerarugendo...
Read moreUmugore wo mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana, Akagari ka Kajevuba, yafunzwe iminsi 30 y’agateganyo, akaba ashinjwa icyaha cyo kugambanira umwana w’umukobwa w’imyaka 15 y’amavuko agasambanywa. Ubushinjacyaha bwa Repubulika...
Read moreIbisabwa: - ibirayi - imiteja - amavuta y'inka -ibitunguru - tungurusumu - umunyu Uko bitegurwa: Hata cyangwa uronge ibirayi neza kugeza bishizeho umwanda. Imiteja nayo uyironge neza, ukureho imitwe yo...
Read moreMu itangazo ryashyizwe hanze n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), ryavuze ko utubyiniro tuzongera gufungura mu byiciro kandi twakire abatarenze 30%, by’ubushobozi bwatwo bwo kwakira abantu, nyuma y’iminsi 585 dufunze. ...
Read moreMu imurika rya mbere ry’Ubukerarugendo ry’Ibihugu bigize Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, u Rwanda rwongeye kwerekana ko ari Igihugu buri muntu wese utuye Isi yakwishimira gusura akubera ibyiza nyaburanga bihagaragara. Ni...
Read moreUmugati waraye cyangwa kwa kundi uba wakomeye ubona utawurya gutyo hari uburyo uwuteka neza bikaza kuryoha kurushaho. Mbere yo kuwutunganya hakenerwa ibikoresho birimo; Umugati nyizina, Margarine (Butter), Isukari n’amata. Dukurikire...
Read moreUmuryango w’ibihugu by’ubumwe bw’i Burayi (European Union) watanze ibihumbi magana atanu by’amayero (EUR 500,000) angana na miliyoni 588 z’amafaranga y’u Rwanda (588,000,000 FRW) yo gufasha impunzi ziri mu nkambi ya...
Read moreRuvamwabo Bosco aravuga ko amaze imyaka 26 arwaye igisebe cyamuviriyemo kanseri none ngo yabuze ubufasha bumugeza kwa muganga kuko ibyo yaratunze yabimaze yivuza none arifuza ko umugiranza wese yamufasha. Ruvamwabo...
Read moreAnge Ingabire Kagame yagaragaje uko ababyeyi bakubaka ubwonko bw’abana bato babinyujije mu dukino bagirana na bo, avuga ko ubusanzwe gukina n’umwana muto bimufasha gukuza ubwonko. Ni ubutumwa bukubiye mu mashusho...
Read moreHari abangavu babwiye Radio & TV10 ko babangamirwa no kuba itegeko ritabemerera, kujya kuboneza urubyaro bijyanye kuko bagira isoni zo kuba babwira ababyeyi ko bashaka kujyayo , kugira ngo birinde...
Read more