Bamwe mu bagana ibitaro n'amavuriro atandukanye barasaba inzego bireba kubatabara ku bibazo bya serivisi mbi zisigaye ziri kwa muganga zinatuma bamwe bahaburira ubuzima abandi bakahakura ubumuga. Urugero ni urw'umubyeyi uvuga...
Read moreMu karere ka Gatsibo mu ntara y’iburasirazuba, hari bamwe mu baturage bagaragaza ikibazo cy’uko hashize igihe bategereje kugezwaho umuriro w’amashanyarazi ariko ngo amaso yaheze mu kirere. N’ubwo no mu bindi...
Read moreKuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda igihugu cyashyizeho ingamba zitandukanye zo kukirwanya no kurinda abaturage mu bihe bitandukanye hagiye hashyirwaho gahunda ya “Guma mu rugo” na “Guma mu karere”...
Read moreKuva urukingo rwa COVID-19 rwatangira gutangwa mu Rwanda, ikigo cy’igihugu kita ku buzima (RBC) kigaragaza ko Abanyarwanda barenga miliyoni ebyiri bamaze kugerwaho n’iyi gahunda mu gihe miliyoni imwe n’igice muri...
Read moreAbakurikiranira hafi ibijyanye n'iterambere ry'umuryango ndetse n'uburere bw'umwana bavuga ko mu gihe umwana yatozwa agafashwa kugira uruhare mu bikorerwa mu muryango yagira uruhare runini mu iterambere ryawo ndetse kikaba na...
Read moreAmatora yari ateganyijwe mu ntango z’umwaka utaha muri icyo gihugu, byatangajwe ko ashobora gusubikwa akaba yanakwigizwaho inyuma amezi. Ibi byatangajwe na minisitiri w’intebe wa Mali Choguel Kokalla Maiga, mu nama...
Read moreBamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Musanze bavuga ko kwegerezwa serivisi zo kwipimisha virusi itera SIDA nta kiguzi, bituma bamenya uko bahagaze ku bijyanye n'icyo cyorezo bakarushaho no gufata...
Read morePerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga mu gihugu cya Mozambique, uruzinduko rwasoje yifatanya na mugenzi we uyobora iki gihugu Filipe Nyusi uyobora iki gihugu...
Read moreMu karere ka Gatsibo gahunda y’ ishuri ry’umuryango mwiza iri gukoreshwa nk’intwaro yo guhangana no gukemura ikibazo cy’abangavu baterwa inda bakiri bato. Ibi bikaba ari bimwe mu bikorwa aka karere ...
Read moreN’ubwo Leta y’u Rwanda ifite intego yo kuba yaranduye burundu ubwandu bushya bw’icyorezo cya SIDA, ubushakashatsi bugaragaza ko umubare w’abakobwa b’abangavu bandura virus ya SIDA uri hejuru, ugereranije n’ingimbi....
Read more