Friday, July 10, 2026
RW|EN
Category

11429 articles
MU RWANDA

U Rwanda rwatanze toni 40 z’inkunga irimo ibiribwa byo gufasha abo muri Gaza

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ku bufatanye n’Ubwami bw’Aba-Hashemite ba Jordan, muri iki cyumweru, yatanze toni 40 z’ubufasha bwo kugoboka abagizweho ingaruka n’intambara yo muri Gaza. Byatangajwe na Guverinoma y’u Rwanda mu itangazo ryashyizwe hanze…

Inkuru Zisomaawa Cyane