Amakuru mashya ku byaha biregwa umunyamakuru Fatakumavuta
Mu byaha biregwa umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta, hiyongereyeho icyo gukoresha ibiyobyabwenge, nyuma yuko…
Iyi nkuru ntiyahinduwe kuri uru rurimi. Urashaka gusubira ku rupapuro rw'ahabanza?
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwerekanye abantu 10 bakurikiranyweho ibyaha binyuranye, barimo batatu bakekwaho kwigana inzoga za Likeri, ndetse hanagaragazwa ibyo bakoreshaga byafatiriwe bifite agaciro ka miliyoni 31,4 Frw. Iki gikorwa cyo kwerekana aba bantu cyabaye…
Mu byaha biregwa umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta, hiyongereyeho icyo gukoresha ibiyobyabwenge, nyuma yuko…
Umugabo w’imyaka 48 y’amavuko yafatiwe mu Murenge wa Nemba mu Karere ka Gakenke atwaye imodoka yari…
Ubushinjacyaha mu Karere ka Nyagatare bukurikiranye umwana w’imyaka 17 y’amavuko ukekwaho icyaha cyo gusambanya abana b’abahungu…
Abakozi batanu bo mu nzego z’Ubutabera, barimo Abagenzacyaha babiri, Umushinjacyaha umwe n’Umucamanza umwe, bakurikiranyweho icyaha cya…
Bamporiki Edouard wigeze kuba muri Guverinoma y’u Rwanda na CG (Rtd) Emmanuel K. Gasana wigeze kuba…
Umuyapanikazi wibiwe ibikoresho by’ikoranabuhanga aho atuye mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo, akaba yabisubijwe…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwemeje ko Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete y’Ubwishingizi ‘SONARWA General Insurance’, amaze iminsi atawe…
Umugabo w’imyaka 43 y’amavuko ukekwaho icyaha cyo gutunda urumogi nyuma yo gufatirwa mu modoka itwara abagenzi…
Iperereza ry’ibanze ku cyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa gikekwa ku Mupadiri uyobora ishuri Lycée de Rusumo…
Amategeko y’u Rwanda ateganya impamvu zitandukanye zishobora gutuma ikirego cy’ikurikiranacyaha kizima, bityo uwakurikiranyweho icyaha ntakomeze gukurikiranwa kuri icyo kirego. Ingingo ya 5…