Saturday, August 8, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

MU RWANDA

Menya ibyaha bikurikiranywe ku bantu 80 bafunzwe barimo nyiri uruganda Ingufu Gin Ltd

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu 80 bakekwaho uruhare mu gukora no gukwirakwiza ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, barimo nyiri uruganda Ingufu Gin, Ntihanabayo Samuel uzwi nka Kazungu, bakurikiranyweho ibyaha bine birimo…

Inkuru Zisomaawa Cyane