Thursday, August 13, 2026
RW|EN
Category

12209 articles
MU RWANDA

Hatangajwe icyakurikiye nyuma y’amashusho y’imodoka itwara indembe yagaragaye iri gupakirwamo sima

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana yatangaje ko hamenyekanye amakuru y’imbangukiragutabara yagaragaye mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga iri gupakirwamo imifuka ya sima, ndetse ko ababikoze bamaze guhanwa. Aya mashusho yatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga mu…

Inkuru Zisomaawa Cyane