Friday, July 17, 2026
RW|EN
Category

LOCAL

12014 articles
MU RWANDA

Umwe mu mihanda ihuza Intara ebyiri mu Rwanda uramara amasaha arindwi utari nyabagendwa n’ibinyabiziga

Umuhanda uhuza Uturere twa Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo, na Bugesera na Ngoma mu y’Iburasirazuba, uraza kumara amasaha arindwi (kuva saa sita kugeza saa moya) udakoreshwa n’ibinyabiziga kubera ibikorwa biteganyijwe. Ibi byatangajwe na Polisi y’u Rwanda…

Inkuru Zisomaawa Cyane