Thursday, August 6, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

MU RWANDA

U Rwanda rwasubije America ku birego by’ibinyoma yarushinje gukorera muri Congo

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyatangajwe n’iya Leta Zunze Ubumwe za America ko Ingabo zarwo zarashe mu nkambi zicumbikiwemo Abanyekongo bakuwe mu byabo n’intambara, bamwe bakahaburira ubuzima; ivuga ko ari ibirego by’ibinyoma bidafite ishingiro. Bikubiye mu…

Inkuru Zisomaawa Cyane