Thursday, July 30, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

AMAHANGA

Haravugwa urupfu rudasobanutse rw’umunyapolitiki wari umwe mu bagize Guverinoma y’u Burundi

Gabby Bugaga wari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho wanabaye umunyamakuru, yitabye Imana bikekwa ko yazize impanuka nyuma yo gusanga imodoka ye mu murima uherereye i Rubirizi mu nkengero za Bujumbura. Amakuru dukesha ikinyamakuru SOS Médias Burundi cyatangaje…

Inkuru Zisomaawa Cyane