Friday, September 18, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

MU RWANDA

Ibiteganywa n’Itegeko bishobora gukurikiraho nyuma yuko Shema Fabrice yumvikanye n’Ubushinjacyaha

Shema Fabrice, ntiyaburanye ku bujurire ku ifungwa ry’agateganyo nk’uko byari biteganyijwe, ahubwo hatangajwe ko yamaze kugirana ubwumvikane n’Ubushinjacyaha, ibintu biteganywa n’amategeko mu Rwanda, bishobora no kuba impamvu yatuma uregwa akurikiranwa ari hanze. Kuri uyu wa…

Inkuru Zisomaawa Cyane