Thursday, July 16, 2026
RW|EN
Category

11998 articles
MU RWANDA

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Perezida Paul Kagame yavuze ko abayobozi bakwiye kujya mu nshingano bazumva kandi bakazikorana ubushake n’imyumvire bibaturutsemo bibumvisha ko akazi barimo karenze bo ubwabo ahubwo ari ak’Igihugu cyose, kuko bitabaye ibyo bajya bakora ariko Igihugu ntikirenge…

Inkuru Zisomaawa Cyane