Wednesday, July 22, 2026
RW|EN
Category

Mobile

12042 articles
MU RWANDA

Uko byagenze ngo umuturage ashake gutemesha umuhoro Umuyobozi muri Rutsiro

Umuturage w’imyaka 30 ari gushakishwa nyuma yo kugerageza gutema Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro ubwo yitambikaga ubuyobozi bwari bugiye gufata umuvandimwe we ukekwaho ubujura. Uri gushakishwa, yitwa Bernard wagerageje kwitambika ubuyobozi…

Inkuru Zisomaawa Cyane