Friday, July 24, 2026
RW|EN
Category

Apps

12058 articles
MU RWANDA

Perezida mushya w’Urukiko rusumba izindi mu Rwanda agiye kurahira

Domitilla Mukantaganzwa uherutse kugirwa Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, azarahirira izi nshingano kuri uyu wa Kane. Domitilla Mukantaganzwa wagizwe Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, na Visi Perezida Alphonse Hitiyaremye, bazarahira ejo tariki 12 Ukuboza 2024. Ni nyuma yuko bahawe…

Inkuru Zisomaawa Cyane