Monday, August 3, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

MU RWANDA

Muri Minisiteri yakozwemo amavugurura habaye ihererekanyanshingano hagati ya Minisitiri mushya n’uwari umukuriye

Minisitiri mushya w’Uburezi, Twagirayezu Gaspard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri iyi Minisiteri yahawe kuyobora; yahererekanyije ububasha bw’inshingano na Dr Uwamariya Valentine, wahawe izindi nshingano. Ni ihererekanyabubasha ry’inshingano ryabaye kuri uyu wa Mbere tariki 28…

Inkuru Zisomaawa Cyane