Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), ryavuze ko utubyiniro tuzongera gufungura mu byiciro kandi twakire abatarenze 30%,...
Mu imurika rya mbere ry’Ubukerarugendo ry’Ibihugu bigize Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, u Rwanda rwongeye kwerekana ko ari Igihugu buri muntu...
Umugati waraye cyangwa kwa kundi uba wakomeye ubona utawurya gutyo hari uburyo uwuteka neza bikaza kuryoha kurushaho. Mbere yo kuwutunganya...
Umuryango w’ibihugu by’ubumwe bw’i Burayi (European Union) watanze ibihumbi magana atanu by’amayero (EUR 500,000) angana na miliyoni 588 z’amafaranga y’u...
Ruvamwabo Bosco aravuga ko amaze imyaka 26 arwaye igisebe cyamuviriyemo kanseri none ngo yabuze ubufasha bumugeza kwa muganga kuko ibyo...
Ange Ingabire Kagame yagaragaje uko ababyeyi bakubaka ubwonko bw’abana bato babinyujije mu dukino bagirana na bo, avuga ko ubusanzwe gukina...
Hari abangavu babwiye Radio & TV10 ko babangamirwa no kuba itegeko ritabemerera, kujya kuboneza urubyaro bijyanye kuko bagira isoni zo...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kamena, Polisi y’u Rwanda ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangije ubukangurambaga...
Mu mpera z’umwaka wa 2019 nibwo leta yashyizeho gahunda yo kwimura abari batuye mu manegeka n’ibishanga bitewe n’uko inyigo y’imiturire...
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful