Wednesday, July 8, 2026
RW|EN
Category

11218 articles
AMAHANGA

BREAKING: Tshisekedi yageze muri America yitabiriye igikorwa azahuriramo na Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo yageze i Washington yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano y’amahoro, azashyirwaho umukono na we na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda. Ni amakuru dukesha Ibiro by’Umukuru w’Igihugu…

Inkuru Zisomaawa Cyane