Tuesday, July 14, 2026
RW|EN
Category

11987 articles
MU RWANDA

Umunyarwandakazi wayoboraga Umuryango Mpuzamahanga yavuze ikimushimishije nyuma y’imyaka 10

Dr Agnes Kalibata urangije manda ze ebyiri ku mwanya wa Perezida w’Umuryango uharanira Guteza imbere Ubuhinzi muri Afurika (AGRA) yavuze ko yishimira ibyagezweho mu myaka 10 ishize. Dr Agnes Kalibata wigeze kuba Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi…

Inkuru Zisomaawa Cyane