Wednesday, August 12, 2026
RW|EN
Category

INTERNATIONAL

12196 articles
FOOTBALL

Byamenyekanye ko uwabaye Perezida w’Igihugu wanakanyujijeho muri ruhago nawe azitabira icy’Isi mu Rwanda

Uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi akaza no kuba Perezida wa Liberia, George Weah yatangaje ko na we ari mu bazitabira Igikombe cy’Isi cy’abanyabigwi mu mupira w’Amaguru kizabera mu Rwanda. Yabitangaje mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga…

Inkuru Zisomaawa Cyane