Saturday, July 11, 2026
RW|EN
Category

LOCAL

11433 articles
MU RWANDA

Hashyizwe hanze imibare igaragaza uko ruswa y’igitsina muri za kaminuza zo mu Rwanda ihagaze

Ubushakashatsi bw’Umuryango urwanya ruswa n’akarengane, Transparency International Rwanda, bwakorewe mu mashuri makuru na za kaminuza, bwagaragaje ko abantu 8% batanze ruswa ishingiye ku gitsina kugira ngo babone amanota meza. Ni ibyavuye mu bushakashatsi bwakozwe n’umuryango…

Inkuru Zisomaawa Cyane