Hari abaturage bo mu mirenge ya Mareba na Musenyi yo mu karere ka Bugesera ikora ku gishanga cya Mareba kinarimo...
Guhera kuri uyu wa Gatatu, nta munya -Zimbabwe wemerewe kujya ku kazi atarikingije urukingo rwa COVID-19. Minisitiri ushinzwe itangazamakuru muri...
Hari abanenga abamena ibiryo mu myanda ijyanwa mu bimoteri,ntibabihe abashonje, bakavuga ko byimakaza umuco wo kubura ubumuntu n’umutima ufasha mu...
Kuri uyu wa kabiri tariki 14 Nzeri 2021, urwego rw'igihugurushinzu ingufu (REG) rwafatiye mu cyuho Ngendahimana Jean Claude w'imyaka 42...
Mu mujyi wa Kigali bamwe mu bakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu ku magare barasaba ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere...
Kuri uyu wa mbere tariki 13 Nzeri 2021 ubwo ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (RAB) cyitabaga...
Ubushinwa bwongeye kwibasirwa n’icyorezo cya COVID-19, nyuma y’amezi menshi iki cyorezo kitakigaragara ku butaka bw’icyo gihugu. Mu mpera z’icyumweru dushoje,...
Nyuma y’aho minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu itangarije isubukurwa ry’inteko z’abaturage zari zimaze umwaka n’amezi atandatu zisubitwe biturutse ku cyorezo cya COVID-19,...
Komisiyo Ishinzwe gukurikirana Imikoreshereze y’umutungo wa Leta inenga Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza umuriro w’amashanyarazi (REG) kuba hari ibibanza bya yo...
Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'umutungo wa Leta PAC, iravuga ko irambiwe ibibazo ngarukamwaka by'imicungire mibi y'umutungo muri WASAC ,ngo kugeza...
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful