Thursday, July 30, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

MU RWANDA

Ukekwaho kwiba mudasobwa z’Ikigo cy’Ubuzima wagaragaye mu mashusho ya camera z’umutekano yafashwe

Ukekwaho kwiba mudasobwa ebyiri z’Ikigo cy’Ubuzima cya Buyoga mu Murenge wa Buyoga mu Karere ka Rulindo wagaragaye mu mashusho yafashwe na camera z’umutekano, yatawe muri yombi nyuma y’iminsi itatu habaye ubu bujura akekwaho, aho yafatiwe…

Inkuru Zisomaawa Cyane