Friday, September 18, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

AMAHANGA

Utavuga rumwe na Tshisekedi yamennye ibanga amaranye imyaka itatu ry’icyo yamwingingiye

Moïse Katumbi, umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahishuye ko muri 2020 Perezida Tshisekedi yamusabye ko yaba Minisitiri w’Intebe, ariko akabyanga. Moïse Katumbi wanemeje ko aziyamamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu…

Inkuru Zisomaawa Cyane