Tuesday, July 28, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

SIPORO

Jacques Tuyisenge wavuye nabi muri APR yamaze gusinyira indi kipe mu Rwanda

Rutahizamu Jacques Tuyisenge wari Kapite ya APR FC akaza guhagarikwa ashinjwa amakosa, ubu yamaze gusinyira AS Kigali mu masezerano y’umwaka umwe. Uyu rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu unafite ibigwi mu karere, yari amaze iminsi anugwanugwaho kwerecyeza muri…

Inkuru Zisomaawa Cyane