Icyemezo gitunguranye cy’umuyobozi muri Rayon nyuma yo kugaragaraho ibyateje impaka
Rukundo Patrick wayoboraga Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports, yeguye kuri uyu mwanya nyuma y’uko agaragaye kuri…
Iyi nkuru ntiyahinduwe kuri uru rurimi. Urashaka gusubira ku rupapuro rw'ahabanza?
Al Hilal Benghazi izakina na Rayon Sports mu mukino w’ijonjora rya CAF Confederation Cup, yayimenyesheje ko uyu mukino ugomba kuba mu muhezo, nta bafana bari muri Sitade. Ni umukino uzaba tariki 24 Nzeri 2023, wagombaga…
Rukundo Patrick wayoboraga Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports, yeguye kuri uyu mwanya nyuma y’uko agaragaye kuri…
Kuri uyu wa Gatandatu, Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore yanganyije n’iy’u Burundi igitego 1-1, mu mukino…
Ku Cyumweru mu masaha ashyira ay’irenga ry’izuba rya Kigali, ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC izakirira…
Ibiganiro byahuje ubuyobozi bwa Rayon Sports, ubwa Al Hilal Benghazi, n’ubwa CAF, byavuyemo icyifuzo gishobora gutuma…
Umukinnyikazi w’umupira w’amaguru wakiniye ikipe y’Igihugu y’abagore Amavubi, Aline Vumilia yitabye Imana ari kubyara ndetse n’uruhinja…
Ikipe ya Manchester United, ishobora kuzabura umunyezamu wayo wa mbere Andre Onana mu mikino igera kuri…
Ikipe ya Rayon Sports ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CAF Confederations Cup byari biteganyijwe ko…
Youssef Rhab uri mu bakinnyi b’inkingi za mwamba ba Rayon Sports, ntari bujyanye n’iyi kipe ijya…
Umukinnyi wo hagati Manishimwe Djabel wari waratijwe muri Mukura VS na APR FC, yamaze gusinyira ikipe…
Zinédine Zidane azasimbura Didier Deschamps ku butoza bw’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa (Les bleus) nkuko byari byitezwe ko bigomba gukorwa nyuma y’Igikombe cy’Isi…