Amakuru mashya: Umwana wabaye uwa mbere mu Gihugu utaragaragaye hamwe n’abandi bahabwa ibihembo yakorewe ibirori by’umwihariko
Uwamariya Leontine wabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’level) ariko…
Iyi nkuru ntiyahinduwe kuri uru rurimi. Urashaka gusubira ku rupapuro rw'ahabanza?
Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC Group) cyiseguye ku bafatabuguzi bacyo bakomeje kubura amazi ahagije hirya no hino mu Gihugu, cyane cyane muri iki gihe cy’impeshyi, gitangaza ko hari ingamba nshya zigamije guhangana n’iki kibazo…
Uwamariya Leontine wabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye (O’level) ariko…
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko icyatumye umwana wabaye uwa mbere mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro rusange…
Umwarimu waburaga iminsi 10 ngo akore ubukwe wo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza,…
Abantu 15 bari mu maboko ya Polisi nyuma yo gufatwa bakekwaho gushinga itsinda ry’abasabirizaga abantu amafaranga…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyepfo yahuguye abayobozi, abakozi ndetse n’abarwaza bo mu Bitaro bya…
Kuva ku wa 25 kugeza ku wa 26 kanama 2026, u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ifite…
Nyuma yuko Polisi y’u Rwanda ivuze ko igiye guhagurukira kurwanya ingeso z’ubwomanzi zirimo kwambara ubusa, kwiyandarika…
Ikigo cy’Igihugu gishinze Imikurire y’Abana bato NCDA cyatangaje ko ababyeyi bonsa abana babo mu Rwanda ari…
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko icyemezo cyo kwangiza inzoga y’Akarusho ikorwa n’uruganda ‘Entreprise Urwibutso’ ruzwi nka…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwamaze gushyikiriza Ubushinjacyaha Dosiye ikubiyemo ikirego kiregwamo Perezida wa FERWAFA, Shema Ngoga Fabrice ukekwaho icyaha cyo gutanga sheki…