Thursday, July 23, 2026
RW|EN
Category

12056 articles
MU RWANDA

Uwifuza guhatanira kuyobora u Rwanda yatangaje gahunda y’intambwe izamuganisha ku kuba Umukandida

Mpayimana Philippe wigeze kwiyamamariza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, agatsindwa ku majwi 0,7%, akaba yifuza kongera kwiyamamaza, yatangaje gahunda yo gutangira gusinyisha abashyigikira Kandidatire ye. Mpayimana Phillipe wiyamamaje mu matora y’Umukuru w’Igihugu…

Inkuru Zisomaawa Cyane