BAL 2022: Imbere y’Abanyarwanda ndetse na Perezida REG BBC yaviriyemo muri ¼
REG Basketball Club yari ihagarariye u Rwanda mu Irushanwa rya Basketball Africa League, BAL, yasezerewe na…
Iyi nkuru ntiyahinduwe kuri uru rurimi. Urashaka gusubira ku rupapuro rw'ahabanza?
Umuyobozi Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Dr Nibishaka Emmanuel ari mu maboko y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho ibyaha birimo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe ubwambuzi bushukana bishingiye ku bantu bamushinja kubaka amafaranga abizeza Visa. Uyu Muyobozi Wungirije…
REG Basketball Club yari ihagarariye u Rwanda mu Irushanwa rya Basketball Africa League, BAL, yasezerewe na…
Umugabo utuye mu karere ka Bugesera wamenyekanye nka Salongo w’Umupfumu yubatse umuhanda muri aka karere. Ni…
Mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo, habayeho umuhango wo gufungura ku mugaragara Ingoro yo Kwigira,…
Ishimwe Dieudonne (Prince Kid) uherutse gufatirwa icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo iminsi 30, we n’abanyamategeko bamwunganira, bajuririye…
Perezida Paul Kagame uyu munsi yafunguye ikibuga cy’umukino w’amaboko wa Basketball aho yongeye kugaragaza ko uyu…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima RBC cyatanze amakuru arambuye ku ndwara ya Monkeypox ikomeje kuragara mu bice…
Umunyapolitiki Bernard Ntaganda wigeze gukatirwa gufungwa imyaka ine ahamijwe ibyaha birimo gukurura amacakubiri, yatangaje ko ishyaka…
Hakomeje kumvikana abantu bari kurwara ibicurane ndetse bikabazahaza ku buryo hari abagira impungenge ko yaba ari…
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hamwe mu hagomba gucumbikirwa abimukira bazaturuka mu Bwongereza hamaze gutunganywa ubu…
Ubuyobozi bw’Ikigo Tony Blair Institute (TBI) cyashinzwe na Tony Blair wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, bwatangaje ko aherutse guhura na Perezida Paul…