Rutahizamu wabonwaga nk’inyenyeri ya ruhago y’Isi yongeye kurira ayo kwarika
Umukinnyi wa Al Hilal n’ikipe y’Igihugu ya Brazil, Neymar Junior wafatwaga nk’uzahangwa amaso muri ruhago y’Isi,…
Iyi nkuru ntiyahinduwe kuri uru rurimi. Urashaka gusubira ku rupapuro rw'ahabanza?
Bayern Munich yo mu Budage yinjiye mu rugamba rwo gusinyisha umukinnyi wo hagati wa Manchester City akaba umwongereza Kalvin Philips wifuzwaga na Newcastle United yo mu Bwongereza. Newcastle United yifuzaga gusinyisha Kalvin Philips muri Mutarama…
Umukinnyi wa Al Hilal n’ikipe y’Igihugu ya Brazil, Neymar Junior wafatwaga nk’uzahangwa amaso muri ruhago y’Isi,…
Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza yabonye itike y’Igikombe cy’u Burayi nyuma y’uko itsinze iy’u Butaliyani ibitego 3-1…
Mu mezi atatu ari imbere, abakunzi ba ruhago muri Afurika bazinjira mu bihe bizira irungu, bakerecyeza…
Nyuma y’ibibazo by’ihohotera rutahizamu w’Umwongereza Mason Greenwood yari amazemo igihe kitari gito ubu akaba yaragarutse mu…
Umukinnyi wa Rayon Sports Emmanuel Mvuyekure bakunda kwita Manu ukomoka mu Burundi, wagaragaye akubita umupira umusifuzi,…
Myugariro Rwigema Yves wakiniye amakipe akomeye mu Rwanda arimo APR FC na Rayon Sports, yatangaje ko…
Nyuma y’uko Umunya-Espagne Carlos Ferrer watozaga ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi asezeye kuri izi nshingano, Ishyirahamwe…
Umubiligi Eden Hazard wakiniye amakipe akomeye nka Chelsea na Real Madrid, yatangaje ko ahagaritse gukina ruhago…
Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye ari mu bantu barenga ibihumbi 60 barebye imbonankubone kuri…
Zinédine Zidane azasimbura Didier Deschamps ku butoza bw’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa (Les bleus) nkuko byari byitezwe ko bigomba gukorwa nyuma y’Igikombe cy’Isi…