Saturday, August 1, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

FOOTBALL

Ibiri kuba muri FERWAFA hari abo bikomeje kubera amayobera

Mu mupira w’amaguru mu Rwanda, ntakindi kiri kuvugwa, uretse iyegura ry’abayobozi n’isezera ry’abakozi b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), babimburiwe n’uwari Perezida waryo, wakurikiwe n’abarimo uwari Umunyamabanga Mukuru. Hari abo byatunguye, hari n’abavuga ko byatinze.…

Inkuru Zisomaawa Cyane