Amakipe abiri akomeye i Burayi yaganiriye ku igura ry’umunyezamu w’Umunyafurika wihagazeho
Ikipe ya Inter de Milan yo mu Butaliyani ndetse n’iya Chelsea FC yo mu Bwongereza, zamaze…
Iyi nkuru ntiyahinduwe kuri uru rurimi. Urashaka gusubira ku rupapuro rw'ahabanza?
Ikipe ya Rayon Sports, nyuma yo gutsinda Espoir FC, yahise ica kuri mucyeba wayo w’ibihe byose APR FC, ubu irayirusha inota rimwe, na yo ikarushwa na Kiyovu Sports amanota abiri. Rayon Sports yari yagaruye bamwe…
Ikipe ya Inter de Milan yo mu Butaliyani ndetse n’iya Chelsea FC yo mu Bwongereza, zamaze…
Munyantwali Alphonse wabaye Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba n’iy’Amajyepfo, yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Police FC, ikipe ya Polisi…
Umufaransa Frank Alain James Leboeuf wabaye myugariro ukomeye mu ikipe ya Chelsea FC, ikomeje gutsindwa umusubirizo,…
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje amatariki azaberaho Inteko Rusange isanzwe izaberamo amatora ya Perezida…
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamenyeshejwe ko bitarenze tariki 28 Mata 2023, rizaba ryatanze Sitade…
Umunyamakuru witwa Dietmar “Didi” Hamann yatangaje ko Umutoza Thomas Tuchel azirukanwa na Bayern Munich igihe cyose…
Rurangiranwa mu mupira w’amaguru ku Isi, Cristiano Ronaldo, yatunguranye afata Camera, yigira gafotozi, afata amafoto bagenzi…
Rayon Sports yatsinze Rwamagana City yongera kugaruka mu makipe ahatanira igikombe cya Shampiyona nyuma yuko mucyeba…
Mu mupira w’amaguru mu Rwanda, ntakindi kiri kuvugwa, uretse iyegura ry’abayobozi n’isezera ry’abakozi b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru…
Zinédine Zidane azasimbura Didier Deschamps ku butoza bw’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa (Les bleus) nkuko byari byitezwe ko bigomba gukorwa nyuma y’Igikombe cy’Isi…