Nigeria: Uwabaye Perezida aratungwaho agatoki kuba nyirabayazana w’ikibazo gikomereye Igihugu cyanzamuriye umujinya abaturage
Mu gihe ubukungu bukomeje kuzamba muri Nigera, Minisiteri y’Imari iratunga agatoki Muhammadu Buhari wahoze ayobora iki…
Iyi nkuru ntiyahinduwe kuri uru rurimi. Urashaka gusubira ku rupapuro rw'ahabanza?
Guverinoma ya Afurika y’Epfo, yatangaje ko imyuzure iherutse kwibasira bimwe mu bice by’iki Gihugu, yahitanye ubuzima bw’abantu 12, mu gihe ababarirwa mu bihumbi bavuye mu byabo. Inzego z’ubuyobozi kandi zatangaje ko imyuzure yibasiye ibice by’uburasirazuba…
Mu gihe ubukungu bukomeje kuzamba muri Nigera, Minisiteri y’Imari iratunga agatoki Muhammadu Buhari wahoze ayobora iki…
Guverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko itariki yo gutangiriraho kohereza mu Rwanda abimukira n’abashaka ubuhungiro, ari ku…
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, gikomeje guterwa umugongo na bamwe mu basirikare barimo n’abo…
Umutwe wa M23 uravuga ko ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) zongeye guha ubufasha uruhande…
Inzego z’Umutekano muri Kenya, zaramukiye mu gikorwa cyo gushakisha indi mibiri y’abo bikekwa ko baguye mu…
Mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko muri Afurika y’Epfo, Ishyaka ANC rimaze imyaka 30 ku butegetsi,…
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa, ryatangaje abantu babarirwa muri miliyoni 18 muri Sudan, bafite ikibazo…
Indi modoka y’urugamba y’Ingabo za SADC ziri gufasha iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) guhangana…
Umufasha wa Edgar Lungu wabaye Perezida wa Zambia, yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo kugira imitungo…
Mu nama isanzwe ya 49 y’Akanama k’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ihuza ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’Ibihugu bigize uyu Muryango…