Mu Gihugu kimwe muri Afurika haravugwa icyorezo cyica kikanandura ku muvuduko udasanzwe
Inzego z’ubuzima muri Nigeria, zatangaje ko indwara ya Diphtheria imaze guhitana abasaga 600 biganjemo abana, kuva…
Iyi nkuru ntiyahinduwe kuri uru rurimi. Urashaka gusubira ku rupapuro rw'ahabanza?
Abantu 338 biganjemo urubyiruko bari mu bwato bagerageza kwambuka ngo bajye ku Mugabane w’u Burayi, umugambi wabo waburijwemo n’igisirikare kirwanira mu mazi muri Senegal. Inzego z’umutekano wo mu mazi muri Senegal, zafashe aba bimukira bari…
Inzego z’ubuzima muri Nigeria, zatangaje ko indwara ya Diphtheria imaze guhitana abasaga 600 biganjemo abana, kuva…
Abadepite bo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, bateye utwatsi icyifuzo cya Guverinoma cyo kwemerera abakobwa…
Abantu barenga 2 500 ni bo bimaze kumenyekana ko bahitanywe n’umutingito wibasiye intara ya Herat, mu mpera z’icyumweru gishize.…
Inkangu y’umusozi waridutse kubera imvura nyinshi yaguye mu gace ka Mbankolo muri Cameroon, yahitanye abantu 23,…
Abanyeshuri barenga 60 bo mu ishuri ryo mu gace ka St Ann’s Bay muri Jamaica, bajyanywe…
Abantu barindwi baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi cyagabwe mu iduka ry’ikawa mu murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu,…
Minisiteri y’Itumanaho, Ikoranabuhanga n’Itangazamakuru mu Burundi yanyomoje amakuru yavugwaga ko hari ubwoba bw’uko hashobora kuba coup d’état. Amakuru…
Muri Libya Abakora mu nzego z’ubutabazi bakomeje ibikorwa byo gushakisha abantu barenga ibihumbi 20 baburiwe irengero mu…
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima OMS, ryatanze intabaza ko ubuzima bw’abarokotse ibiza byibasiye Libya bigahitana…
Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli ku isoko mpuzamahanga, byagabanutseho gato nyuma yuko Iran igaragaje ko hakiri ubushake bw’ibiganiro bigamije gufungura inkomane ya Hormuz,…