Sunday, August 2, 2026
RW|EN
Archive

radiotv10

FOOTBALL

Icyemezo giherekejwe n’ikiniga cy’umukinnyi wari umaze imyaka 12 mu ikipe ikomeye i Burayi

Mu magambo yumvikanamo ikiniga cyinshi, Jordan Brian Henderson yasezeye mu ikipe ya Liverpool yari amazemo imyaka 12, avuga ko yayigezemo akiri umwana, akaba ayivuyemo ari umugabo. Henderson w’imyaka 33 y’amavuko, yari amaze imyaka 12 akinira…

Inkuru Zisomaawa Cyane