Mu buryo budasanzwe Abanya-Iran ibihumbi bagiye guherekeza Umuyobozi w’Ikirenga wabo umaze amezi atanu yishwe
Ibihumbi by’abanya-Iran bambaye imyenda y’umukara, byuzuye mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, kuri uyu wa Mbere mu muhango…
Iyi nkuru ntiyahinduwe kuri uru rurimi. Urashaka gusubira ku rupapuro rw'ahabanza?
Perezida w’u Burundi akaba anakuriye Akanama k’Abakuru b’Ibihugu by’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bwa, Évariste Ndayishimiye, yagiranye ibiganiro n’Ihuriro C64 ryiyemeje guharanira uburenganzira bw’Itegeko Nshinga muri DRC, batanakozwa umugambi wa Tshisekedi wo kurivugurura, abasaba kuyoboka…
Ibihumbi by’abanya-Iran bambaye imyenda y’umukara, byuzuye mu murwa mukuru wa Iran, Tehran, kuri uyu wa Mbere mu muhango…
Umutwe wa MRDP-Twirwaneho uharanira uburenganzira bw’Abanyamulenge, ufatanyije n’Ihuriro AFC/M23, nyuma yo gufata agace ka Point Zero,…
Guverinoma ya Tanzaniya yohereje abasirikare n’abapolisi benshi i Dar es salaam, no mu yindi mijyi minini,…
Abanya-Uganda 273 bacyuwe mu Gihugu cyabo bakuwe muri Afurika y’Epfo, bakaba ari abagize icyiciro cya mbere…
Umugore w’imyaka 32 wo muri Leta Zunze Ubumwe za America, yabyaye abana babiri mu minsi ibiri,…
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), ryatangaje ko muri Repeburika Iharanira Demokarasi ya Congo, hatangiye…
Igisirikare cy’u Burundi cyamuritse intwaro zikomeye mu karasisi kakozwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 64…
Nyuma y’icyumweru kimwe Perezida Evariste Ndayishimiye agiriye uruzinduko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cyril Ramaphosa…
Abayobozi banyuranye mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, barimo ukuriye Chris Obore ukuriye Itumanaho n’Itangazamakuru, batawe…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump, yitabiriye umuhango, wo kwakira imibiri y’abasirikare bane ba Amerika yagaruwe mu…